Kigali:Impuguke mpuzamahanga zigiye kwiga uburyo bwo guhindura ubukungu bwa Afurika

Ku bijyanye n’iyi nama, Perezida Paul Kagame yagize ati “Buri gihugu kigomba kwishyiriraho inzira ikigeza ku iterambere. Ariko ubufatanye, mu guhanahana ibitekerezo no kwigira ku byo abandi bagezeho byafasha muri urwo rugendo ku buryo bufatika.”